Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

The Press Conference on Kigali 2025 UCI Road World Championships
19/09/2025 - 17:14
Release of the Gross Domestic Product (GDP) figures for the 2nd Quarter of 2025 (April-June)
17/09/2025 - 21:57
BIME AMATWI : RIB iraburira abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana bifashishije telefone
17/09/2025 - 08:17Iziheruka

Imihigo 2021/22: Nyagatare ku mwanya wa mbere, Burera ku mwanya wa nyuma
2/03/2023 - 18:27
Abaturarwanda kuri ubu barenze miliyoni 13 (Ibyavuye mu ibarura rusange)
2/03/2023 - 17:44
Minisitiri w’Intebe yagaragaje uko u Rwanda rwiyubatse mu bukungu nyuma ya COVID-19
2/03/2023 - 16:23
Perezida Kagame yihanangirije abashaka gukira vuba binyuze mu bujura
2/03/2023 - 16:03
Ihere ijisho ubuhanga bwo guhangana n’umwanzi bw’abapolisi bashya mu mwuga
26/02/2023 - 22:02
Uganda’s trio band B2C reveal their admiration for Rwandan music
23/02/2023 - 17:10
Rwanda and Jordan to waive visa requirements on regular passports, sign three agreements
23/02/2023 - 16:45
Jordan’s Deputy Prime Minister pays tribute to victims of the Genocide against the Tutsi
23/02/2023 - 16:36
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.