Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane
![](IMG/jpg/murangira_3_-3.jpg)
RIB yavuze ku byaha Dr Mujawamariya akekwaho, inerekana abakekwaho kwiba Miliyoni 100 Frw
26/07/2024 - 12:44![](IMG/jpg/inyange-5.jpg)
Reba uko byari byifashe mu gutaha uruganda rw’Inyange rutunganya amata y’ifu
26/07/2024 - 11:56![](IMG/jpg/mukase_1.jpg)
Yahawe inka muri ‘Girinka’ none imugejeje ku gipangu gitahamo imodoka ebyiri (Ubuhamya)
26/07/2024 - 11:11Iziheruka
![](IMG/jpg/murangira_3_-3.jpg)
RIB yavuze ku byaha Dr Mujawamariya akekwaho, inerekana abakekwaho kwiba Miliyoni 100 Frw
26/07/2024 - 12:44![](IMG/jpg/inyange-5.jpg)
Reba uko byari byifashe mu gutaha uruganda rw’Inyange rutunganya amata y’ifu
26/07/2024 - 11:56![](IMG/jpg/mukase_1.jpg)
Yahawe inka muri ‘Girinka’ none imugejeje ku gipangu gitahamo imodoka ebyiri (Ubuhamya)
26/07/2024 - 11:11![](IMG/jpg/king_faisal_hospital-2.jpg)
President Kagame presides over Groundbreaking for King Faisal Hospital expansion
23/07/2024 - 09:40![](IMG/jpg/kagame_president.jpg)
Mwarakoze cyane - Perezida Kagame yashimye abamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza
23/07/2024 - 09:29![](IMG/jpg/kagame_kicukiro-4.jpg)
Kagame yagize icyo avuga ku byavuye mu matora
16/07/2024 - 15:14![](IMG/jpg/kagame_kicukiro.jpg)
Abatuvuga nabi ni bo bicwa n’agahinda - Kagame ubwo yiyamamarizaga muri Kicukiro
14/07/2024 - 03:32![](IMG/jpg/gasabo_1-8.jpg)
Byari udushya gusa mu kwamamaza Kagame i Bumbogo muri Gasabo
13/07/2024 - 08:20![](IMG/jpg/belgium-4.jpg)
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.