Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

U Rwanda nta ntambara rushaka kuko yica igasenya n’ibyagezweho - Alain Mukuralinda
20/01/2023 - 14:04
Menya uko bigenda iyo RIB iguhamagaye
18/01/2023 - 22:50
Perezida Kagame yitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
15/01/2023 - 19:55
Abanyeshuri bishimiye impinduka ku masaha yo gutangira amasomo
11/01/2023 - 11:20
Prezida Kagame yakiriye indahiro ya Dr Kalinda François Xavier watorewe kuyobora Sena
10/01/2023 - 20:31
Tito Rutaremara yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe Igihugu kiruha
7/01/2023 - 17:34
Abanyeshuri batangiye gusubira ku masomo, imihigo ni yose
5/01/2023 - 20:20
Nyamirambo: Byari ibicika mu birori byo kwinjira muri 2023
1/01/2023 - 12:02
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.