Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Abamotari babiri basanzwemo Coronavirus muri Kigali. Bagenzi babo byabakanguye bakaza ingamba
24/06/2020 - 21:54
Mimi la Rose yatubwiye amateka ya Mama Munyana waririmbwe na Orchestre Impala
24/06/2020 - 21:22
Abiyitaga abapolisi bakuru bakiba abaturage amafaranga babizeza Perimi batawe muri yombi
20/06/2020 - 19:34
Aline Gahongayire arifuza ko indirimbo ze zihimbaza Imana zacurangwa mu tubari no mu tubyiniro
20/06/2020 - 19:14
Kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19, kubeshya no gusuzugura Polisi byabakozeho
19/06/2020 - 11:46
COVID-19: Bafashwe batorotse #GumaMuRugo i Rusizi, abandi bafatwa baraciye iz’ubusamo bava Uganda
14/06/2020 - 21:24
U Rwanda rwakiriye ibikoresho byo kwirinda COVID-19 rwahawe n’Umwami wa Dubai
14/06/2020 - 16:02
Mu by’ukuri indirimbo ‘Ya Motema’ yabaye iya Nel Ngabo Gute? Platini yatanze igisubizo
13/06/2020 - 17:01
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.