Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21Iziheruka

Ubu mu Rwanda umugore ashobora gutwitira mugenzi we
19/09/2020 - 18:32
Rusesabagina muri gereza: Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo
18/09/2020 - 11:58
Rusesabagina mu rukiko. Uko urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo rwagenze
15/09/2020 - 09:20
Video: Byagenze bite ngo havugwe ko Dr Mukwege yatewe ubwoba na Gen Kabarebe?
10/09/2020 - 13:21
Umwali Fanny: Rudatsimburwa yari yarantwaye uruhu n’uruhande, uko twakundanye biratangaje
8/09/2020 - 21:27
Abarokotse ibitero bya FLN barifuza ko Rusesabagina yajyanwa aho byabereye
8/09/2020 - 20:49
Umujyi wa Kigali wakajije ibihano ku bica amabwiriza yo kwirinda COVID-19
8/09/2020 - 20:22
Mu isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
8/09/2020 - 20:03
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.