Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Uganda yabakoreye iyicarubozo, ibakoresha ubucakara, bafunzwe binyuranyije n’amategeko: Ubu batashye
9/06/2020 - 23:47
Urupfu rwa Capt Mbaye Diagne, Umusirikare wa MINUAR wishwe ahangana no guhungisha Abatutsi
8/06/2020 - 10:46
Iyumvire inkirigito ya Ben Nganji. Yagusetsa imbavu zigashya
8/06/2020 - 10:32
Video: 29 batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
6/06/2020 - 13:01
Abamotari basubiye mu muhanda, bitwaye bate mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda #COVID19?
4/06/2020 - 19:47
Ingendo zigana mu Ntara zigiye gusubukurwa. Dore aho Imyiteguro igeze
31/05/2020 - 18:32
Abasirikare baregwa gufata abagore ku ngufu, bamwe bafunzwe by’agateganyo abandi bararekurwa
31/05/2020 - 14:32
Bwa mbere Coronavirus igiye gupimirwa mu Ntara
28/05/2020 - 18:43
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.