Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Amateka y’umuhanzi Twagirayezu Cassien waririmbye ’Umuntu Nyamuntu’
11/08/2021 - 19:34
Abamugariye ku rugamba basangiye umuganura n’urubyiruko rw’abakorerabushake
11/08/2021 - 19:07
I Kigali hatashywe ikibuga cya Golf kiri ku rwego mpuzamahanga (Video)
9/08/2021 - 07:59
Reba uruzinduko rwa Perezida wa Santarafurika mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi
7/08/2021 - 14:55
Ubutumwa Perezida Kagame na Touadéra batangiye mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru
6/08/2021 - 09:23
Dore uko Perezida Touadéra wa Santarafurika yakiriwe mu Rwanda
6/08/2021 - 08:05
Mavenge Sudi yemeye ko yiyitiriye indirimbo za Nyakwigendera Kayitare Gaetan
5/08/2021 - 20:25
Ibyaranze iminsi ibiri y’uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu mu Rwanda
4/08/2021 - 08:48