Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda rwatangiye ubuvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda harimo na Kanseri
22/04/2023 - 00:26
President Kagame and Col. Doumbouya address the press in Conakry
22/04/2023 - 00:17
Insoresore z’amabandi muri Kigali akazo kashobotse
22/04/2023 - 00:13
President Kagame and Patrice Talon of Benin address the press in Cotonou
22/04/2023 - 00:03
President Kagame in Guinea-Bissau : Press briefing with his counterpart Embaló
21/04/2023 - 23:57
Umujyi wa Kigali wahagurukiye ibibazo bivugwa mu Mudugudu wa Dubai
18/04/2023 - 11:59
Hari abumvaga ko u Rwanda rutazongera kubaho nyuma ya Jenoside - Gen Kabarebe
13/04/2023 - 19:34
Mu kwibuka Abanyapolitiki bishwe, hamaganywe Politiki mbi y’urwango n’ivangura
13/04/2023 - 18:38