Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rubavu: Ubuhamya buteye agahinda bw’ababuriye ababo mu biza
5/05/2023 - 13:22
Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Abanyarwanda babaga muri Sudani bageraga i Kigali
2/05/2023 - 15:52
Mukakabera arashimira RIB yamusubije asaga Miliyoni 5Frw yari yibwe
30/04/2023 - 00:16
Inside President Kagame’s working visit to Tanzania
30/04/2023 - 00:07
Turashaka gutaha - Impunzi z’Abanyekongo
30/04/2023 - 00:01
Kagame hosts Gen Muhoozi for his 49th birthday celebration in Rwanda
29/04/2023 - 23:52
Abajura baniga abantu ku muhanda bakabambura, bahagurukiwe
25/04/2023 - 09:02
Guverinoma yagabanyije imisoro, indi iravugururwa
22/04/2023 - 12:56