Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Diogène ‘Atome’ yongeye gusetsa abantu, agaruka kuri #Tunyweless
17/12/2023 - 14:22
Ijambo rya Madamu Jeannette Kagame agaragaza ububi bw’inzoga #Tunyweless
17/12/2023 - 13:55
Remarks by Tom Mollenkopf on closing IWA Water and Development Congress & Exhibition 2023
17/12/2023 - 13:49
The role of the Central Bank in Rwanda’s Economic Recovery
17/12/2023 - 13:42
Arsenal Player Jurriën Timber pays tribute to Genocide victims
17/12/2023 - 13:37
Arsenal footballer Jurriën Timber and Girlfriend Visit Rwanda
17/12/2023 - 13:28
Professionals meet for International Water Congress in Kigali
17/12/2023 - 13:20
Fireside Chat with President Kagame at Hanga Pitchfest 2023
11/12/2023 - 10:54