Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yatewe ishema no gushushanya Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we
24/11/2020 - 15:24
Umuyobozi wa RIB yavuze ku bantu baburirwa irengero mu Rwanda
24/11/2020 - 15:14
Dore Umukobwa mwiza, ugororotse by’agatangaza
20/11/2020 - 11:38
Urusobe rw’ibibazo by’abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda rwahawe umurongo w’ibisubizo birambye
17/11/2020 - 10:57
Uwacuruzaga magendu n’abari barajujubije abaturage bafashwe
17/11/2020 - 10:53
Akazi k’ubudepite no gukora umuziki: Ikiganiro na Hon. Uwumukiza
15/11/2020 - 11:24
Biratangaje: Yiyigishije gukina ’Skating’, abitoza umugore n’abana
12/11/2020 - 10:23
Bimaze iki gucisha Shampiyona y’u Rwanda kuri Televiziyo y’Igihugu ?
6/11/2020 - 15:34