Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhamya: Yigomwa Buruse kugira ngo afashe abana bafite ibibazo nk’ibyo yahoranye
14/02/2021 - 23:12
Umugande yafatanywe ibiro 20 by’urumogi yacuruzaga mu Rwanda
14/02/2021 - 23:03
Perezida Kagame yasabye Amavubi gukomera kuri Discipline kuko ari ryo shingiro ry’ubunyamwuga
14/02/2021 - 21:18
Bugesera: Abasaga 100 bafatiwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
14/02/2021 - 19:54
Barashima inkunga y’ibiribwa bahawe mu gihe cya guma mu rugo
14/02/2021 - 19:07
Yakorewe iyicarubozo muri Uganda, Bamutandukanya n’umwana we, bamujugunya ku mupaka atabasha kugenda
5/02/2021 - 23:52
Dore uko umuganga w’amenyo yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa
30/01/2021 - 21:45
Yari ahitanye imbaga y’abishimiraga intsinzi y’Amavubi Imana ikinga akaboko
28/01/2021 - 01:06