Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Izindi mpunzi 130 zageze mu Rwanda zivuye muri Libya
31/12/2020 - 07:45
Umwaka wa 2020 wihariwe cyane n’icyorezo cya COVID-19
31/12/2020 - 07:37
Yize gucuranga afite imyaka ine abirebera kuri se, none ku myaka icumi aramurusha
31/12/2020 - 07:18
Abajya mu minsi mikuru mu Ntara bateje umubyigano muri Gare ya Nyabugogo
31/12/2020 - 07:06
Abakobwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bagakora ibirori bafashwe berekwa itangazamakuru
23/12/2020 - 21:23
Kigali mu mitako iteye amabengeza yo kwizihiza Noheli n’Ubunani
20/12/2020 - 15:50
Yabyaye impanga umwe avukana imyenge mu mutima umugabo abata mu nzu
12/12/2020 - 12:42
Yaretse inzoga afite imyaka 20 none ku myaka 72 ijwi rye riracyahogoza benshi
10/12/2020 - 16:55