Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore za ngabo za Red Tabara ziherutse gufatirwa mu Rwanda
5/10/2020 - 20:08
Batawe muri yombi bazira kugura ibyibano (Video)
5/10/2020 - 19:49
Ibisabwa amashuri yemerewe gufungura mu rwego rwo kwirinda COVID-19
3/10/2020 - 10:24
Polisi iraburira abantu basigaye batanga inzoga muri za teremusi
3/10/2020 - 09:18
Nyabugogo: Ikibazo cy’imyuzure ituruka muri Mpazi kigiye kuba amateka
2/10/2020 - 09:20
Leta nitemerera urubyiruko kuboneza urubyaro yitegure kurera abana ruzabyara- Abasesenguzi
30/09/2020 - 13:57
U Rwanda rwanze kuba cya kirahure cyuzura amazi akameneka, ubu twese tugikwirwamo - Perezida Kagame
30/09/2020 - 13:30
Ganira na Producer Element w’imyaka 20 wazanye impinduka muri muzika nyarwanda
27/09/2020 - 22:56