Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ntituzemera ko badutobera amateka - Umuyobozi wa AERG
26/04/2021 - 19:04
Abagabo 3 bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura buciye icyuho
26/04/2021 - 18:52
Raporo Muse na Raporo Duclert ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside zitandukaniye he?
24/04/2021 - 09:55
RIB yerekanye abantu 3 bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga
23/04/2021 - 08:02
Ubuhamya: Inka yababereye igitambo ibakiza Interahamwe zari zije kubica
19/04/2021 - 20:49
Abagabo 9 bakurikiranyweho gucura no gukoresha Perimi z’impimbano
19/04/2021 - 20:29
Nyuma y’imyaka 27, Padiri Chrisostome yasubukuye Misa atashoje muri 94 barashweho
19/04/2021 - 20:10
Rusizi: Yaguze imbunda yo kwibisha mu mafaranga bakoye umukobwa we
19/04/2021 - 19:54