Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Munyenyezi Beatrice akurikiranyweho ibyaha birindwi
17/04/2021 - 02:02
Dukomeze umurage w’Abanyepolitiki bishwe muri Jenoside barwanya ikibi - Perezida wa Sena
16/04/2021 - 20:56
Iyo haboneka benshi nka Capt. Mbaye Diagne, hari kurokoka benshi
16/04/2021 - 19:51
Menya impamvu Bonhomme yihebeye indirimbo zivuga ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
16/04/2021 - 17:00
Uko Munyanshoza Dieudonné (Mibirizi) yafunzwe mu byitso by’Inkotanyi afite imyaka 12
16/04/2021 - 16:45
Dr Bizimana yagaragaje uburyo ingengabitekerezo yigishijwe kugeza igejeje u Rwanda kuri Jenoside
15/04/2021 - 20:00
President Kagame: If deniers have no shame, why should I have fear?
8/04/2021 - 18:11
Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe nk’ubu - Perezida Kagame
8/04/2021 - 17:57