Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Buhigiro Jacques: ’Nyirabihogo’ nayihimbiye umuzungukazi twiganaga
29/05/2021 - 11:16
Bafashwe bashaka guha Abapolisi ruswa bayita kubagurira amazi yo kunywa
17/05/2021 - 11:14
#Kwibuka27: Imiryango yazimye ni Ikimenyetso cy’ubukana Jenoside yakorewe Abatutsi yakoranywe
17/05/2021 - 09:29
Video: Reba uko Abayislamu bizihije umunsi mukuru wa Eid al-Fitr
14/05/2021 - 19:45
Cristian Rodriguez yegukanye Tour du Rwanda 2021
10/05/2021 - 00:25
#TdRwanda2021: Restrepo Jhonatan yegukanye agace ka 7
10/05/2021 - 00:15
#TdRwanda2021: Umufaransa Pierre Rolland yegukanye agace ka 6
10/05/2021 - 00:02
Dore abagabo bihebeye gutungwa n’ibyo batavunikiye bakora ubujura
9/05/2021 - 21:48