Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Byinshi wamenya kuri Pasiporo nshya z’ikoranabuhanga
2/06/2021 - 19:12
Barakekwaho ubwambuzi bushukana no kwiyitirira icyo batari cyo
31/05/2021 - 09:17
Abanyeshuri bahize abandi mu kuvuga no kwandika neza Igifaransa bahembwe
31/05/2021 - 08:17
Cecile Kayirebwa n’abandi bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
30/05/2021 - 08:59
Ibyo Macron yavuze birakomeye kurusha gusaba imbabazi - Perezida Kagame
29/05/2021 - 15:11
Perezida Macron ku rwibutso: "Ndemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside"
29/05/2021 - 15:06
Goma - Gisenyi: Umutingito wangije amazu n’imihanda
29/05/2021 - 13:52
Byari bikomeye mu ijoro Nyiragongo yarutsemo: U Rwanda rurimo guhangana n’ingaruka zitoroshye
29/05/2021 - 13:32