Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abantu batanu bakurikiranyweho uburiganya bwo kugurisha inzu n’ibibanza by’abandi
10/07/2021 - 21:48
Igipimo cy’Ubwiyunge mu Rwanda kigeze kuri 94.7% (ubushakashatsi bwa NURC)
10/07/2021 - 11:53
Gen Kabarebe yaganirije urubyiruko rw’Abanyarwanda baba muri Diaspora
10/07/2021 - 11:26
Sobanukirwa byinshi kuri gahunda yo guteza imbere ireme ry’uburezi mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET)
7/07/2021 - 10:53
Umushoferi yafashwe ajyanye abagenzi i Musanze abakuye i Kigali
7/07/2021 - 10:09
Video: Urubyiruko rwafashwe rwizihiza isabukuru muri COVID-19
5/07/2021 - 14:47
Uyu munsi u Rwanda ntabwo ari Igihugu ku ikarita gusa - Perezida Kagame
5/07/2021 - 09:56
Abanyeshuri bongeye gutaha kubera Covid-19, abitegura ibizamini bya Leta barakeburwa
3/07/2021 - 18:52