Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
Bruce Melody na Ariel Wayz bongeye kwigaragaza muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:30
Iyi nyamaswa yatangaje abitabiriye Youth Connekt Africa
16/10/2022 - 18:16
Reba uko Patoranking yasusurukije abitabiriye #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:04
Jimmy Gatete yahishuye impamvu yatinze kugaruka mu Rwanda
15/10/2022 - 00:48
Reba uko byari byifashe mu gutangiza #YouthConnekt2022
14/10/2022 - 14:02
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Inkubito z’Icyeza
12/10/2022 - 09:01
Ingabo z’u Rwanda ntizizatahe - Abaturage ba Cabo Delgado
6/10/2022 - 19:22
Yegukanye Miliyoni 10 muri Jackpot ya Inzozi Lotto
3/10/2022 - 21:26
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.