Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
Ingendo zijya mu Ntara mu minsi mikuru zongeye kugorana
25/12/2022 - 21:30
Ibyo kwitondera muri iyi minsi mikuru
24/12/2022 - 16:41
Impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda zakanguriwe gutaha
21/12/2022 - 17:52
Mukomeze ibyagezweho muhanga udushya - Bazivamo abwira urubyiruko rwa RPF Inkotanyi
19/12/2022 - 21:56
Police Month: Ibikorwa byakozwe byatwaye asaga Miliyari ebyiri
19/12/2022 - 12:29
Bibutse ababo bishwe mu bitero bya MRCD-FLN ya Rusesabagina
19/12/2022 - 12:13
UK envoy to Rwanda speaks out on ethnic killings in DRC
14/12/2022 - 18:18
Abakoresha mudasobwa batabona babigenza bate?
11/12/2022 - 20:38
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.