Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Giporoso harahindutse: Reba uko hasigaye hasa
11/01/2021 - 12:35
Padiri Ubald Diyosezi ya Cyangugu izamwibukiraho iki? Musenyeri Hakizimana arabivuze
11/01/2021 - 12:44
2020: CP John Bosco Kabera na Munyakazi Sadate bari mu bihariye uyu mwaka
9/01/2021 - 19:24Iziheruka

Padiri Ubald Diyosezi ya Cyangugu izamwibukiraho iki? Musenyeri Hakizimana arabivuze
11/01/2021 - 12:44
Mu Giporoso harahindutse: Reba uko hasigaye hasa
11/01/2021 - 12:35
2020: CP John Bosco Kabera na Munyakazi Sadate bari mu bihariye uyu mwaka
9/01/2021 - 19:24
Ese bagiye he? (Orchestre Ingeli)
2/01/2021 - 11:40
Izindi mpunzi 130 zageze mu Rwanda zivuye muri Libya
31/12/2020 - 07:45
Umwaka wa 2020 wihariwe cyane n’icyorezo cya COVID-19
31/12/2020 - 07:37
Yize gucuranga afite imyaka ine abirebera kuri se, none ku myaka icumi aramurusha
31/12/2020 - 07:18
Abajya mu minsi mikuru mu Ntara bateje umubyigano muri Gare ya Nyabugogo
31/12/2020 - 07:06
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.