Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mukwiye kurangwa n’umutima wo kurinda Igihugu - Perezida Kagame ku ba Ofisiye bashya muri RDF
4/10/2025 - 10:27
Rwanda Welcomes Diaspora Youth from South Africa to Discover Their Roots
5/10/2025 - 11:17
New article No75261
8/10/2025 - 22:42Iziheruka

President Kagame reveals five NBA favorite players
22/05/2022 - 09:24
Irebere impano ya Perezida Kagame mu mukino wa Basketball
22/05/2022 - 09:16
Kuba kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko babivugaho iki?
22/05/2022 - 09:07
Dore inzu zizatuzwamo abimukira bazava mu Bwongereza
22/05/2022 - 08:58
Over 1,500 delegates gather in Kigali for #SEforALL Forum
17/05/2022 - 07:36
Minisitiri w’Intebe yahaye impanuro Musenyeri mushya, Papias Musengamana
17/05/2022 - 07:15
Uko umuhango wo kwimika Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba wagenze
17/05/2022 - 06:43
Menya imishinga ine yahize indi muri ‘iAccelerator’
17/05/2022 - 06:34
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.