Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje RDF na UPDF
16/08/2025 - 17:33
Iyumvire imihigo y’Intore zo mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:57
Umva impanuro Minisitiri Bizimana yahaye Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:47Iziheruka

Bari mu maboko ya RIB bakekwaho kwiba ibikoresho biguze hafi Miliyoni 20 Frw
14/07/2021 - 08:10
Minisitiri Biruta na Rosemary Mbabazi baganirije Diaspora y’Urubyiruko Nyarwanda
14/07/2021 - 08:01
Reba uko Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda berekeje muri Mozambique
11/07/2021 - 11:36
Abantu batanu bakurikiranyweho uburiganya bwo kugurisha inzu n’ibibanza by’abandi
10/07/2021 - 21:48
Igipimo cy’Ubwiyunge mu Rwanda kigeze kuri 94.7% (ubushakashatsi bwa NURC)
10/07/2021 - 11:53
Gen Kabarebe yaganirije urubyiruko rw’Abanyarwanda baba muri Diaspora
10/07/2021 - 11:26
Sobanukirwa byinshi kuri gahunda yo guteza imbere ireme ry’uburezi mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET)
7/07/2021 - 10:53
Umushoferi yafashwe ajyanye abagenzi i Musanze abakuye i Kigali
7/07/2021 - 10:09
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.