Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abantu 151 bafatiwe mu rugo rw’umuturage basenga binyuranyije n’amabwiriza yo kwirinda Covid-19
17/12/2021 - 16:53
Uruhare rw’abahanzi mu gukangurira abaturage kwirinda COVID-19
17/12/2021 - 16:16
Umwihariko wa Tombola ‘Inzozi Lotto’ : Tsindira cash uteze imbere siporo mu Rwanda
14/12/2021 - 21:03
Nize Biologie ariko nakuze nkunda Technologie - Cyuzuzo watsindiye $50,000
14/12/2021 - 11:45
Ibihumbi 50$ kuri Cyuzuzo watsinze Hanga Pitchfest: Guhembwa na Perezida Kagame byamurenze
12/12/2021 - 18:11
Abarundi bari mu rubanza rwa P5 na RUD Urunana basabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:34
Umugande Sgt Lubega Ibrahim (Demob) wahoze muri RPA yasabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:27
RIB yerekanye abantu babiri bakekwaho kuniga abaturage bakabambura ibyabo
4/12/2021 - 21:18
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.