Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ingaruka za COVID-19 ku ngimbi n’abangavu
10/01/2022 - 12:40
Ikiganiro na Alain Mukurarinda, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma
9/01/2022 - 14:17
Abantu 102 barimo n’abakina filime bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
2/01/2022 - 13:33
Umurenge wa Bumbogo wahembwe imodoka kubera ubudasa mu kurwanya Covid-19
29/12/2021 - 00:42
Ingengabihe y’irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yamenyekanye
24/12/2021 - 21:04
Abantu 16 bafashwe bakorera ibirori bitemewe mu rugo, bane muri bo bafite COVID-19
22/12/2021 - 21:40
Uwa mbere atsindiye Frw1,000,000 muri tombola ya Inzozi Lotto
21/12/2021 - 17:19
Kigali: Hatashywe irerero ryita ku bana mu gihe ababyeyi babo bari mu kazi
17/12/2021 - 17:07
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.