Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Umugande Sgt Lubega Ibrahim (Demob) wahoze muri RPA yasabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:27
RIB yerekanye abantu babiri bakekwaho kuniga abaturage bakabambura ibyabo
4/12/2021 - 21:18
Perezida Kagame asanga ibihugu bya Afurika bidakwiriye kuzira kuba byaravugishije ukuri kuri virusi ya Omicron
3/12/2021 - 15:33
Bihinduke cyangwa se namwe muhindurwe - Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze
3/12/2021 - 15:16
Yves Mutabazi na Moshions mu bahembwe na Jeannette Kagame
3/12/2021 - 14:59
Ihere ijisho uyu mukino ugaragaza ishusho ya Imbuto Foundation mu myaka 20 ishize
3/12/2021 - 14:44
Imyaka 20 ya Imbuto Foundation mu guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda
3/12/2021 - 14:32
U Rwanda rwakiriye inkura z’umweru 30
30/11/2021 - 19:17
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.