Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Abanyeshuri bakiga amasomo ya muzika bataramiye bakuru babo bahawe impamyabushobozi
23/03/2017 - 13:43
No Comment!
23/03/2017 - 13:33
Ambasaderi w’u Rwanda i Vatican arasobanura byinshi ku biganiro byahuje Perezida Kagame na Papa Francis
22/03/2017 - 12:15
AERG/GAERG yasubiye gusura abo yubakiye
22/03/2017 - 09:59
Nyundo: Umuziki unogeye amatwi mu birori byo gutanga impamyabushobozi
21/03/2017 - 20:51
Papa Francis yakiriye Perezida Kagame na Madame i Vatican
20/03/2017 - 17:40
Bugesera: Ibikorwa byo gusukura imibiri y’abazize Genocide
19/03/2017 - 22:42
Imirimo yo gukora umuhanda wo mu Mujyi-Nyabugogo irarimbanije
17/03/2017 - 09:42
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.