Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gutangiza #Kwibuka23
8/04/2017 - 15:58
Isozwa rya AERG/GAERG Week 2017 Inyagatare
6/04/2017 - 11:53
Cecile Kayirebwa yongeye kwerekana ubudahangarwa bwe muri Gakondo
3/04/2017 - 21:03
Umusirikare w’u Rwanda atakaje ubuzima arengera AERG/GAERG nta gihombo - Gen. Mubarakh
2/04/2017 - 09:29
Navio yatangajwe n’uko benshi bamwitiranya n’Abanyarwanda kandi ari Umugande
31/03/2017 - 17:32
Jeannette Kagame yahembye abana ba bakobwa batsinze neza kurusha abandi
30/03/2017 - 12:45
Ishuri rikuru ry’imyuga rya IPRC South ryatanze impamyabumenyi ku nshuro ya mbere
30/03/2017 - 12:43
Yarokoye umwana w’amezi 3 muri jenoside, aramwonsa ubu ageze muri kaminuza
26/03/2017 - 15:44
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.