Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo kurahiza abagize Guverinoma nshya
31/08/2017 - 19:21
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya, ahita yakira n’indahiro ye
30/08/2017 - 19:41
Meddy yavuze ko afite umukunzi utuye muri Amerika
30/08/2017 - 19:32
Bimwe mu byaranze umunsi w’Umuganura 2017
27/08/2017 - 22:47
The Ben yatumye abanyacyubahiro bava mu byicaro byabo mu gitaramo "Kwita Izina Gala Dinner"
27/08/2017 - 11:46
Uko byari byifashe mu gitaramo "I Nyanza Twataramye"
27/08/2017 - 10:47
Umuhanzi Meddy yakiranywe urugwiro akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali
26/08/2017 - 19:58
Udushya twaranze umutambagiro w’Umuganura mu mujyi wa Kigali! - Video
22/08/2017 - 12:53
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.