Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Imfura z’ishuri rya muzika ku Nyundo ziravuga ibyiza byo kwiga muzika
15/03/2017 - 09:07
No Comment
15/03/2017 - 09:00
AERG/GEARG Week 2017 yatangije ibikorwa by’ineza bitegura Kwibuka23
14/03/2017 - 08:31
No Comment
14/03/2017 - 08:22
IPRC Kigali yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 660
12/03/2017 - 11:35
Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi mpuzamahanga w’umugore
9/03/2017 - 17:08
Kigali Today yashyize hanze abandi ba gafotozi 15 b’umwuga
9/03/2017 - 16:54
Abanyarwanda baba mu Bwongereza bakiranye ibyishimo bidasanzwe Perezida Kagame
8/03/2017 - 08:38
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.