Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwamagana yahize utundi turere mu kwesa Imihigo y’umwaka wa 2016/2017
6/10/2017 - 23:34
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gusinya Imihigo y’umwaka wa 2017/2018
6/10/2017 - 23:27
Umuryango Imboni zarwo yasoje ubukangurambaga bwo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
5/10/2017 - 17:47
Bimwe mu byaranze Car Free Day
1/10/2017 - 16:03
NO COMMENT....
29/09/2017 - 15:45
Yannick, Rutanga na Usengimana bishimiye gutsinda ikipe ya APR fc bahozemo
29/09/2017 - 08:47
Rayon Sports yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda itsinze APR fc
28/09/2017 - 09:09
Sheebah Karungi yatangaje byinshi mu byatumye agera kure
22/09/2017 - 23:01
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.