Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibikubiye muri raporo y’urukiko nyuma yo gusura gereza Rusesabagina afungiyemo
5/03/2021 - 20:07
Rusesabagina na bagenzi be bareganwa bongeye kwitaba urukiko
5/03/2021 - 19:47
U Rwanda rukomeje kwakira inkingo za #COVID19
5/03/2021 - 19:10
Polisi yafashe abacuruzi b’amavuta ya Mukorogo yangiza uruhu
3/03/2021 - 00:17
Agahinda n’umubabaro mwinshi mu misa yo gusezera kuri Padiri Ubald
2/03/2021 - 23:03
Kigali: Abasore n’inkumi 37 bafashwe bakina filime abandi bahinduye urugo akabari
2/03/2021 - 22:28
Polisi yerekanye abakekwaho gucura impushya zibemerera kujya mu Ntara, n’abatekamutwe
27/02/2021 - 22:47
Ikibazo cy’amikoro muri Rayons Sports kigiye gukemurwa mu buryo buhoraho
27/02/2021 - 22:25
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.