Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Munyenyezi Beatrice akurikiranyweho ibyaha birindwi
17/04/2021 - 02:02
Dukomeze umurage w’Abanyepolitiki bishwe muri Jenoside barwanya ikibi - Perezida wa Sena
16/04/2021 - 20:56
Iyo haboneka benshi nka Capt. Mbaye Diagne, hari kurokoka benshi
16/04/2021 - 19:51
Menya impamvu Bonhomme yihebeye indirimbo zivuga ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
16/04/2021 - 17:00
Uko Munyanshoza Dieudonné (Mibirizi) yafunzwe mu byitso by’Inkotanyi afite imyaka 12
16/04/2021 - 16:45
Dr Bizimana yagaragaje uburyo ingengabitekerezo yigishijwe kugeza igejeje u Rwanda kuri Jenoside
15/04/2021 - 20:00
President Kagame: If deniers have no shame, why should I have fear?
8/04/2021 - 18:11
Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe nk’ubu - Perezida Kagame
8/04/2021 - 17:57
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.