Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore abagiye guheza Kigali muri Guma mu Rugo
28/01/2021 - 00:44
Rwarutabura (Nyamirambo) kwirinda COVID-19 wagira ngo ntibibareba
27/01/2021 - 10:58
Gushyingura Prof. Kigabo: Byari amarira n’agahinda ku muryango n’inshuti
27/01/2021 - 10:02
Miss Yasipi Casmir yahishuye ibanga ryamufashije kwitwara neza muri Miss Africa Calabar 2020
27/01/2021 - 09:54
Tonzi adusogongeje ku mitoma umugabo we amutera, anatubwira umuhitiramo icyo yambara
27/01/2021 - 09:34
Padiri Ubald Diyosezi ya Cyangugu izamwibukiraho iki? Musenyeri Hakizimana arabivuze
11/01/2021 - 12:44
Mu Giporoso harahindutse: Reba uko hasigaye hasa
11/01/2021 - 12:35
2020: CP John Bosco Kabera na Munyakazi Sadate bari mu bihariye uyu mwaka
9/01/2021 - 19:24
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.