Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhamya: Yigomwa Buruse kugira ngo afashe abana bafite ibibazo nk’ibyo yahoranye
14/02/2021 - 23:12
Umugande yafatanywe ibiro 20 by’urumogi yacuruzaga mu Rwanda
14/02/2021 - 23:03
Perezida Kagame yasabye Amavubi gukomera kuri Discipline kuko ari ryo shingiro ry’ubunyamwuga
14/02/2021 - 21:18
Bugesera: Abasaga 100 bafatiwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
14/02/2021 - 19:54
Barashima inkunga y’ibiribwa bahawe mu gihe cya guma mu rugo
14/02/2021 - 19:07
Yakorewe iyicarubozo muri Uganda, Bamutandukanya n’umwana we, bamujugunya ku mupaka atabasha kugenda
5/02/2021 - 23:52
Dore uko umuganga w’amenyo yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa
30/01/2021 - 21:45
Yari ahitanye imbaga y’abishimiraga intsinzi y’Amavubi Imana ikinga akaboko
28/01/2021 - 01:06
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.