Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29Iziheruka

USA: Abanyarwanda batuye muri Indiana babayeho bate muri ibi bihe bya COVID-19?
16/04/2020 - 17:18
Inzira y’umusaraba Murangwa wamamaye muri Rayon Sports yanyuzemo arokoka Jenoside
16/04/2020 - 17:10
Twasuye Knowless na Clement! #GumaMuRugo ntibabuza gukomeza akazi
15/04/2020 - 18:29
Bugesera: Mamashenge wiciwe ababyeyi ku myaka 5 yarakuze ubu ni umubyeyi wa babiri
13/04/2020 - 11:37
#Kwibuka26: Amateka ya Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12/04/2020 - 09:45
Kambanda Yemeye ibyaha 11, bishimangira ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yateguwe kuva kera
9/04/2020 - 16:16
DJ Miller yashyinguwe....Umva ubuhamya bukomeye bw’abo babanye
9/04/2020 - 15:28
Umuntu umwe yasize ubuzima mu mpanuka y’ikamyo ya Bralirwa itwara ibinyobwa
9/04/2020 - 15:13
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.