Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Rwanda Beyond The Headlines, with Central Bank Governor on Development of Financial Sector
8/06/2025 - 08:24Iziheruka

Menya izindi Nterahamwe zihishe mu Bufaransa zikwiye gufatwa nyuma ya Kabuga
20/05/2020 - 14:51
Polisi yafashe abantu 9 babyiganiraga mu modoka ya Pick Up barenze no ku mabwiriza yo gutaha kare
14/05/2020 - 18:03
Kirazira kikaziririzwa guhagarikwa na Polisi ukanga guhagarara - CP JB Kabera
14/05/2020 - 09:03
Natty Dread yatubwiye ibihe bya nyuma yagiranye na Bob Marley
14/05/2020 - 00:58
Abanyeshuri ba Kaminuza bari baraheze ku mashuri kubera #GumaMuRugo batashye
13/05/2020 - 06:57
Polisi yafatiye mu cyuho 25 bashakaga kwambukiranya intara kandi bibujijwe
11/05/2020 - 10:55
Ibyo utabonye ubwo abacuruzi bongeraga gufungura amaduka yabo
7/05/2020 - 00:47
Umunsi wa mbere muri Bus zitwara abagenzi nyuma ya #GumaMuRugo
4/05/2020 - 19:29
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.