Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Rwanda Beyond The Headlines, with Central Bank Governor on Development of Financial Sector
8/06/2025 - 08:24Iziheruka

Abiyitaga abapolisi bakuru bakiba abaturage amafaranga babizeza Perimi batawe muri yombi
20/06/2020 - 19:34
Aline Gahongayire arifuza ko indirimbo ze zihimbaza Imana zacurangwa mu tubari no mu tubyiniro
20/06/2020 - 19:14
Kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19, kubeshya no gusuzugura Polisi byabakozeho
19/06/2020 - 11:46
COVID-19: Bafashwe batorotse #GumaMuRugo i Rusizi, abandi bafatwa baraciye iz’ubusamo bava Uganda
14/06/2020 - 21:24
U Rwanda rwakiriye ibikoresho byo kwirinda COVID-19 rwahawe n’Umwami wa Dubai
14/06/2020 - 16:02
Mu by’ukuri indirimbo ‘Ya Motema’ yabaye iya Nel Ngabo Gute? Platini yatanze igisubizo
13/06/2020 - 17:01
Ku myaka 58, Ingabire ntiyigeze adefiriza imisatsi ye. Umva byinshi mu byo akunda n’ibyo yanga
13/06/2020 - 16:34
Uganda yabakoreye iyicarubozo, ibakoresha ubucakara, bafunzwe binyuranyije n’amategeko: Ubu batashye
9/06/2020 - 23:47
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.