Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Agahinda n’umubabaro mwinshi mu misa yo gusezera kuri Padiri Ubald
2/03/2021 - 23:03
Kigali: Abasore n’inkumi 37 bafashwe bakina filime abandi bahinduye urugo akabari
2/03/2021 - 22:28
Polisi yerekanye abakekwaho gucura impushya zibemerera kujya mu Ntara, n’abatekamutwe
27/02/2021 - 22:47
Ikibazo cy’amikoro muri Rayons Sports kigiye gukemurwa mu buryo buhoraho
27/02/2021 - 22:25
Ikibazo cy’ibura ry’Amazi muri Kigali no mu Bugesera cyavugutiwe umuti
27/02/2021 - 22:16
Ikoranabuhanga mu burezi rihagaze rite?
26/02/2021 - 23:52
Umuhanzi Buravan azanye udushya twinshi nyuma ya Guma mu Rugo
26/02/2021 - 23:19
Itegeko rihana ipfobya rya Jenoside yakorewe Abatutsi ntirivangura - CNLG
26/02/2021 - 22:47
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.