Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Perezida Kagame yanyuze ku mupaka akoresheje Indangamuntu nk’icyangombwa cy’inzira
19/02/2014 - 20:02
Abenshi mu bitabiriye igitaramo cya Christopher ni igitsina gore!
19/02/2014 - 12:12
Ese abakobwa bahatanira ikamba rya ’Miss Rwanda 2014’ babayeho bate mu mwiherero?
17/02/2014 - 09:01
Itorero Urukerereza mu mukino usobanura gahunda ya "Ndi Umunyarwanda"
5/02/2014 - 10:59
Mu gutora Miss Rwanda 2014 mu Burasirazuba, abakobwa basabwe gukuramo inkweto!
1/02/2014 - 11:59
Uburyo igikorwa cyo gutora Miss Rwanda 2014 mu Ntara y’Amajyepfo cyagenze
28/01/2014 - 10:30
Byari bishyushye mu gutora ’Miss Rwanda 2014’ mu Burengerazuba
22/01/2014 - 16:44
"Urumuri rutazima" rukomeje kuzenguruka Uturere dutandukanye tw’ u Rwanda
17/01/2014 - 18:54
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.