Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Musanze Polytechnic, ishuri rishya ry’imyuga rijyanye n’igihe!
3/06/2015 - 11:45
Ikibazo cy’ubumenyi buke mu batekinisiye ba Radiyo cyabonewe umuti
22/05/2015 - 11:59
Abakunzi b’ikipe ya Arsenal baremeye imiryango 36 y’abarokotse Jenoside
11/05/2015 - 14:21
Uburyo Gakinjiro/Gakiriro ya Gisozi imaze guhindura isura y’umujyi wa Kigali!
1/05/2015 - 15:17
Abatekinisiye ba Radio mu Rwanda barimo guhabwa amahugurwa
17/04/2015 - 12:02
Ese impfubyi za Jenoside zibayeho gute mu nyubako nshya ya One Dollar Campaign?
14/04/2015 - 15:22
Kidumu asanga Perezida Kagame ari umuyobozi w’ikitegererezo
1/04/2015 - 10:21
Bisesero: "Inkotanyi ntizarokoye abahigwaga gusa!"
25/03/2015 - 11:00
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.