Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Mutesi Aurore azasimburwa na Nyampinga mugenzi we uzatorwa muri 2014!
31/10/2013 - 08:49
INTERVIEW: Sonia Rolland wabaye Miss France 2000, yakoze film documentaire ku Rwanda
25/10/2013 - 17:33
Ruswa: Ikibazo gikomereye abashoferi b’abanyarwanda batwara amakamyo manini!
18/10/2013 - 09:42
Uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali
4/10/2013 - 10:40
GATSATA: Bazimurwa nta ngurane y’imitungo yabo bahawe!
20/09/2013 - 09:18
KIGALI TODAY mu guhugura abikorera ku bijyanye n’itangazamakuru
9/09/2013 - 11:32
Uburyo gukunda umurimo no kwihangana byahinduye ubuzima bwe!
3/09/2013 - 10:13
Icyo Abanyarwanda bavuga kuri Customer Care mu Rwanda
30/08/2013 - 09:46
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.