Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21Iziheruka
Ishuri rya Rubengera mu guteza imbere ubumenyi mu ikoranabuhanga ry’igiti
5/08/2014 - 14:34
Mu gitaramo cya Nyagatare, abahanzi bahatanira Guma Guma berekanye ubumwe buri hagati yabo
18/06/2014 - 11:21
Uburyo igitaramo cya Guma Guma cyagenze mu Karere ka Gicumbi
11/06/2014 - 11:07
Ikigo cya WDA mu gushakira umuti ikibazo cya service zitanoze mu ma Hotel
4/06/2014 - 13:19
Mu Rwanda havumbuwe ikoranabuhanga ryo kwatsa no kuzimya imodoka ukoresheje telephone!
30/05/2014 - 10:11
Udushya twaranze igitaramo cya Guma Guma i Kabarondo!
22/05/2014 - 11:03
BOB MARLEY NI MUNTU KI
12/05/2014 - 09:00
Uburyo abahanzi bari muri Guma Guma bitwaye mu gitaramo bakoreye i Huye
6/05/2014 - 14:08
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.