Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57Iziheruka
Rwandans want article 101 amended
4/08/2015 - 11:29
Inkirigito concert
4/08/2015 - 11:18
Akon in Kigali!
3/08/2015 - 17:04
SAUTI SOL ROCKS KIGALI
30/07/2015 - 10:19
Eddy Kenzo salutes President Kagame
30/07/2015 - 10:00
Eddy Kenzo yashyuhije Kigali
28/07/2015 - 14:00
Uburyo bifuza ko ingingo ya 101 yakwandikwa nyuma yo kuvugururwa
23/07/2015 - 20:07
Umuturage yaje yiteguye gutora, ariko nyuma asanga ari ibiganiro ku itegeko nshinga
22/07/2015 - 18:29
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.