Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Abanyeshuri biga umuziki bo ku Nyundo berekanye impano bafite mukuririmba
6/01/2016 - 14:51
Uburyo abakunzi ba muzika bishimiye igitaramo cya Konshens
6/01/2016 - 14:38
Udushya n’udukoryo byaranze isozwa ry’umwaka wa 2015
5/01/2016 - 11:12
Isabukuru y’imyaka 15 umukino wa Cricket umaze mu Rwanda
31/12/2015 - 11:17
Uburyo abanyakigali biteguye kwinjira mu mwaka mushya wa 2016
25/12/2015 - 11:16
Igitaramo cya CHORALE DE KIGALI cyarangiye abakitabiriye batabishaka
24/12/2015 - 08:56
Tumwe mu dushya twaranze REFERENDUM
22/12/2015 - 09:23
Uko REFERANDUMU yagenze mu majyaruguru y’u Rwanda
21/12/2015 - 12:24
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.