Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Volleyball: VS Gisagara VC itsinze REG VC amaseti 3-1 ku munsi wa 5 wa shampiyona
21/11/2025 - 23:33
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20Iziheruka
Ibihe by’ingenzi byaranze ibirori by’isabukuru ya Unity Club
9/11/2016 - 13:28
Musanze na Kamonyi baravuga ibigwi gahunda ya NEP-Kora Wigire
2/11/2016 - 11:14
Uwase Annick niwe wegukanye ikamba rya Miss IPRC Kigali TSS 2016
31/10/2016 - 13:25
Hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP - Kora Wigire
28/10/2016 - 09:16
Bimwe mu byaranze amasiganwa ategura Tour du Rwanda 2016
27/10/2016 - 14:54
Rayon Sports yananiwe kwikura imbere ya Espoir FC, zinganya 0-0
24/10/2016 - 21:03
Umwami wa Maroc yasoje uruzinduko rwe mu Rwanda
23/10/2016 - 22:31
Ibihe by’ingenzi byaranze kwibuka nyakwigendera Gakwaya
21/10/2016 - 10:50
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.