Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04Iziheruka

Abanyamuryango ba AVEGA AGAHOZO bongerewe ubumenyi
20/01/2016 - 12:08
Umunyarwenya Salvado yatanze ikosora mu gitaramo yakoze ari umwe gusa!
19/01/2016 - 09:29
Hatoranyijwe abandi banyeshuri baziga muri Nyundo School of Music
19/01/2016 - 09:17
No Comment...!!
14/01/2016 - 16:07
Kunshuro yambere mu Rwanda hatowe Miss & Mister Elegance
13/01/2016 - 12:04
Uburyo insengero zo mu Rwanda zizihije isozwa ry’umwaka wa 2015
11/01/2016 - 14:15
Abanyeshuri biga umuziki bo ku Nyundo berekanye impano bafite mukuririmba
6/01/2016 - 14:51
Uburyo abakunzi ba muzika bishimiye igitaramo cya Konshens
6/01/2016 - 14:38
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.