Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Kurikira ibijyanye n’amabwiriza agenga imikoreshereze y’Amadovize mu Rwanda
20/12/2025 - 10:07
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani
20/12/2025 - 22:18Iziheruka
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yakiriwe n’abaturage ba Kayonza na Rwamagana
26/07/2017 - 09:23
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
25/07/2017 - 20:43
"Umujyi wa Ngoma ugiye guhindura isura" - Umukandida wa FPR Inkotanyi
24/07/2017 - 13:25
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamariza mu Karere ka Kirehe
24/07/2017 - 13:18
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yiyamarije i Nyaruguru-Kibeho
24/07/2017 - 09:13
Uko byari bimeze ubwo umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamarizaga mu Karere ka Rwamagana
23/07/2017 - 23:49
Mpayimana yiyamamarije mu Karere ka Kamonyi na Nyarugenge
23/07/2017 - 19:02
Kayonza yakiranye urugwiro n’ibyishimo bidasanzwe umukandida wa FPR-Inkotanyi
23/07/2017 - 13:37
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.