Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Abanyamakuru bo mu Rwanda basoje icyiciro cya II cy’Itorero
29/04/2017 - 14:59
Kurikirana ubuhamya bwa Kalisa warokoye Abatutsi benshi
27/04/2017 - 09:21
Rayon Sports isezerewe na Rivers United muri Caf Confederations Cup
23/04/2017 - 09:45
Umuhango wo gushyingura Sayinzoga Jean
21/04/2017 - 08:06
Umunsi wa kabiri w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
20/04/2017 - 17:06
Umurinzi w’igihango Karamaga ahangayikishijwe n’abamuhamagara bamutera ubwoba
20/04/2017 - 17:01
Umunsi wa mbere w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
18/04/2017 - 20:26
Minisitiri Mushikiwabo aratanga ishusho y’umubano w’u Rwanda na Djibouti
18/04/2017 - 20:16
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.